News

Bamwe mu bagize Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda barifuza ko ikiruhuko cy ... cyane ugamije kwemeza igabanywa ry’amasaha y’akazi yavuye kuri 45 akaba 40 mu cyumweru”.
Jeannine Ankera w'imyaka 26 avuga ko yabyaranye n'umugabo wo muri Turukiya (Turkey) wari mu Rwanda ku mpamvu z'akazi, umwana babyaranye ubu afite imyaka itatu. Se w'uyu mwana ngo bajya bavugana ...
General Gatsinzi we akavuga ko yamaze igihe gito ku buyobozi bwa Etat Major, mbere yo kujya mu butumwa bw’akazi i Arusha muri Tanzania, ibi bigatuma hari bimwe avuga ko byaba byarakozwe adahari.
bagirizwa ubwicanyi bwakorewe mu Rwanda no muri Kongo mu myaka ya za 90. Abo bagenerale basaba ko izo mpapuro zibafata zikurwako mu Bubirigi kuko ngo akazi kabo kabasaba kuza muri ico gihugu kenshi.